-->

UMUSORE USA NKA DIAMOND YATEJE IMPAGARARA AVUGAKO ARI IMPANGA YE

 

CHIBU RAPPER usa nezaneza na Diamond Platinumz Ati: “Nishimiye cyane kugereranywa n’umustari ukomeye Diamond, nshobora kuvuga ko ndi impanga ye. Ntabwo nakurikiranwe nabagore banyibeshyaho ko ndi Diamond ahubwo nabonye amahirwe yo kubana nabagore beza cyane kuberako dusa.

Ndetse nigeze kwibasirwa n’abantu banyitiriye Diamond. Nifuje cyane umunsi nzabonana na we bityo umunezero wanjye ukaba wuzuye ”.

uyu musore benshi bakomeje kwita impanga ya Diamond akaba yatangiye guteza urunturuntu mumuryango we bibaza niba papa wa diamond yaba yarabyaye hanze gusa papa wa Diamond yabakuriye inzira kumurima ko ataribyo habe na gato










LihatTutupKomentar

Popular Posts