president ucyuye igihe #DonaldTrump yibasiwe nabacamanza bo muri leta zunze ubumwe za america nyuma yuko akomeje gutanga ibirego ko gutsinda kwa #JoeBiden habayemo uburiganya.
nkuko bitangazwa na #abc News, uku kwibasirwa kuriguturuka kumpamvu yuko Donald Trump n'itsinda rye bakomeje gutanga iki kirego ubudatuza nyamara batarikubasha kwerekana #gihamya (evidence)
ndetse ibi bishobora kubaviramo guhabwa ibihano baramutse bakomeje.
umucamanza #Dana l. Christensen we yongeraho ko gukomeza gukwirakwiza ibirego bidafite aho bishingiye bishobora guteza ibibazo mumatora yubutaha.